Written by Admin

Kwihanangiriza umunyamakuru Byiringiro Jean Elysee n’ikinyamakuru Indatwa

Rwanda Media Commission (RMC) ishingiye ku bubasha ihabwa n’Itegeko No. 02/2013 ryo kuwa 08/02/2013 ; ishingiye ku biteganywa n’Amahame Ngengamyitwarire y’Umwuga w’Itangazamakuru mu Rwanda nk’uko yahinduwe kuwa 5 Mata 2014, ishingiye kandi ku cyemezo cya Komite Ndangamyitwarire cyo kuwa 28 Kamena 2017 ku birego byatanzwe na RUTUBUKA Emmanuel, KANYARUTOKI Dieudone na TURIKUNKIKO Egide ; yihanangirije umunyamakuru Byiringiro Jean Elysee n’ikinyamakuru INDATWA abereye umuyobozi kubera kutubahiriza amahame y’umwuga cyane cyane mu nkuru yari ifite umutwe ugira uti : “Ruswa n’ubukomisiyoneri mu buyobozi bw’umurenge wa Kigali biravuza ubuhuha”.

Kanda hano usome: IBARUWA YIHANANGINGIRIZA INDATWA