Written by admin2

Decision by the Rwanda Media Commission (RMC) on the case filed by Wilton NDAYISENGA against GASABO Newspaper

ICYEMEZO CYA KOMITE NDANGAMYITWARIRE Y’URWEGO RW’ABANYAMAKURU BIGENZURA MU RWANDA (RMC) KU KIREGO CYA WILTON NDAYISENGA AREGA IKINYAMAKURU GASABO

 

Tariki 30 Nzeli 2015 uwitwa Wilton NDAYISENGA, umuyobozi w’ikigo cy’amashuli yisumbuye cya COLLEGE ADVENTISTE DE GITWE mu Karere ka Ruhango, yandikiye Urwego rw’Abanyamakuru Bigenzura mu Rwanda avuga ko arega ikinyamakuru Gasabo.net hamwe n’umuyobozi wacyo Bwana UWITONZE Captone. Mu kirego cye, Wilton avuga ko inkuru ifite umutwe ugira uti “Ndayisenga Wilton ,nyirabayazana w’ibibazo by’i Gitwe” yatangajwe kuwa 24 Nzeli 2015 irimo amakosa akurikira  : gutangaza ibinyoma, guharabika, gukabya, gushinyagura no gutangaza inkuru atahawe ijambo kandi ayivugwamo. Urwego rw’Abanyamakuru Bigenzura mu Rwanda rumaze kwakira ikirego cya  Wilton NDAYISENGA, rwatumije impande zombi kuwa 09 Ukwakira 2015 ngo Komite Ndangamyitwarire yumve ibisobanuro inafate umwanzuro kuri iki kirego.

 

Full Decision Here_Kinyarwanda (PDF)

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *